in

Breaking news umukino w’umunsi wa 5 hagati ya As Kigali na Rayon sports urasubitswe

Umukino w’umunsi wa 5 wa shampiyona rwanda primus national League wagomba guhuza rayon sports na As Kigali tariki ya 11 ukwakira 2022 wamaze gusubikwa bitewe nuko as Kigali izaba iri kwitegura imikino nyafurika.

As Kigali izakina na Al Nasr SC yo muri Libya aho ubu bageze muri round ya kabiri ya CAF confederation cup.

Igihe uyu mukino uzakinirwa FERWAFA izagitangaza mu minsi iri imbere.

IBARUWA IMENYESHA ISUBIKWA RY’UMUKINO.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biteye agahinda:Papa yarankubise amena ugutwi kubera gukunda umuziki(videwo)

Karabaye:Ibyo twari tuziko byarangiye nibwo bigitangira phil peter byamukomeranye