in

Biteye agahinda:Papa yarankubise amena ugutwi kubera gukunda umuziki(videwo)

Mu gahinda kenshi araturitse ararira bitewe n’agahinda k’ubumuga uwo yita papa we yamuteye.

Uyu musore vocal king ukomoka mu ntara y’amajyepfo mu karere ka huye yavuze byinshi byerekeranye n’umuziki we ababazwa cyane na papa we wamukubise akamumena ugutwi.

Kuri ubu ugutwi kuyu musore ntago kumva neza kuva icyo gihe papa we yamukubita akakumena amuziza kumva no gukunda indirimbo.

Gusa kuri ubu ni umuhanzi kandi akaba anibeshejeho ngo gusa igikomere yatewe na se ntago ajya akibagirwa.

Videwo:

https://www.instagram.com/reel/CjQlqbrqI63/?igshid=YmMyMTA2M2Y=

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Videwo:intambara y’amacupa iravuza ubuhuha mu kabari nyuma yokubura ubwumvikane

Breaking news umukino w’umunsi wa 5 hagati ya As Kigali na Rayon sports urasubitswe