in

Breaking news.Umuherwe wa Chelsea arekuye ubuyozi bwiyikipe

Amakuru atarimeza ku bafana na bakunzi bikipe ya Chelsea kuruyu mugoroba tariki 26 gashyantare umuyobozi mukuru akaba n’umuherwe wikipe ya chelsea akoresheje imbuga nkoranya mbaga ze yanditse asezera kuba umuyobozi wiyi ekipe ibarizwa mu kiciro cyambere hariya mu gihugu cy’ubwongereza. ( premier league)


Roman Abramovic yagize ati” mumyaka irenga icumi namaze aringe ureberera ikipe nagerageje gukora ibyosho ntanga nibyo mfite kugirango ikipe narimbereye umuyobozi itere imbere ibone umusaruro uhagije nkuko zari intego zange Kandi ndakeka naragerageje kuzigeraho gusa noneho ubungubu ho reka mbe mfashe akanya ubuyobozi mbe mbuhariye umuryango wa Chelsea (Chelsea foundation)”

Ibi bigaragaye nyuma y’intambara igihugu avukamo aricyo uburusiya(Russia) gishoja kuri ikirenge(Ukraine). Umuryango wunze ubumwe bw’iburayi ugahita utegeka ko buri bikorwa byose by’igihugu cy’Uburusiya birereye iburayi kigomba gufatirwa .


Nyuma Yuko uyu muherwe Roman Abramovic bamwe mu badepite bo m’umuryango wunze ubumwe bw’iburayi basabye ko yafatirwa ibihano nawe yahisemo kuba yiheje.

Benshi batangiye kugira impungenge Yuko naramuka avuye mu ikipe ya Chelsea Kaba kabaye kuko yayisanze habi none yarayigejeje kure reka kwizereko atagiye byoguhera azajya akomeza agafasha ekipe.

 

 

 

Written by Kubwayo JD

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakobwa 20 bakomeje mu mwiherero wa #MissRwanda2022 (Amafoto)

Mu buryo busekeje umusekirite yanze impano y’inzu umugore yamuhaye abyita agasuzuguro