in

Breaking News: Mukansanga Salima agiye gusifura igikombe cy’Afurika

Umusifuzi mpuzamahanga w’umunyarwanda, Mukansanga Salima ari mu basifuzi bazasifura igikombe cy’Afurika mu batarangije imyaka 17.

Ku rutonde rw’abasifuzi 25 basohowe na CAF hagaragaraho uyu musifuzi uri kwitwara neza muri iyi minsi.

Iki gikombe cy’Afurika mu batarangije imyaka 17 kizatangirira tariki 29 Mata gisozwe 19 Gicurasi, aho kizabera muri Algeria.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakozi bakinguye basanga aho basize amafaranga harera de: Hari SACCO yibwe akayabo k’amamiliyoni, gusa uburyo bwakoreshejwe biba ntiburi kuvugwaho rumwe

Mukansanga yanditse andi mateka atarakorwa nundi wese mu Rwanda