in

Breaking news: Kiyovu sport igiye gusinyisha umutoza uri mu bakomeye ku isi

Kiyovu sport yongeye kugaruka mu mitwe y’abantu nyuma y’uko perezida wayo Juvenal agaragaye ari kumwe n’umutoza wanyuze mu makipe akomeye mu karere.

Ku mugoroba w’ejo hashize Juvenal yatunguranye asohora amafoto ari kumwe n’umutoza w’Umubiligi, Patrick Aussems ndetse bikavugwa ko yanamaze kumvikana na Kiyovu Sports agomba kuza kuyitoza mu mwaka w’imikino wa 2022-23.

Uyu mutoza wanyuze mu makipe akomeye arimo Simba Sc na AFC Leopards ndetse akaba yarazifashije kugera mu mikino ya 1/4 ya CAF Champions League mu mwaka w’imikino wa 2018-19.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Dore impamvu abagabo bakunda abagore bafite ikibuno kinini

Miss Muheto Divine yongeye kugaragara mu isura nshya binezeza benshi (Amafoto)