in

Breaking news: Inkuru nziza ku munyamakuru Manirakiza Théogène wari ufungiwe i Magererage

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rutegetse ko umunyamakuru Manirakiza Theogene afungurwa by’agateganyo.

Ndetse kandi rwongeye gutegeka ko ahita ava mu igororero rya Nyarugenge riri I Mageragere agataha iwe akajya yitaba buri wa Gatanu wa nyuma w’ukwezi.

Manirakiza Theogene yari akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibikangisho. Yashinze ikinyamakuru Ukwezi kinafite shene ya YouTube.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Nabwiye Papa ngo agurishe ibyo nari ntunze byose kugirango barumuna bajye bige” Titi Brown yavuze umugiraneza wishyuriye barumuna be ishuri ubwo bari bagiye kurivamo kubera yari ari muri gereza ndetse aranamushimura- videwo

Bavuye gusezerana imbere y’Imana! Amafoto y’ubukwe bwa Kanimba na Soleil yageze hanze nyuma yuko bavuye kwa Pasiteri – Amafoto y’ubukwe