in

Breaking News: Ikipe ya Kiyovu Sports yanditse amateka ikora ibyananiye ayandi makipe

Ikipe ya Kiyovu Sports yemeje ko guhera uyu munsi iyi kipe igiye mu biganza bya Kiyovu Sports Company Ltd iva mu biganza bya Kiyovu Sports Association.

Nk’uko byemejwe n’abanyamuryango b’iyo kipe mu nteko ryasange, ubushobozi bw’iyi ikipe bwishimiye gutangaza ko iyi kipe igiye kuyoborwa na Kiyovu Sports Company Ltd.

Iyi kipe kanda nyuma yo guhindura imibereho yayo, yanahinduye ibirango by’ikipe aho bazanye ibindi birango. Nubwo iyo kipe yazanye ibirango bishya ngo ntago ibyari bisanzwe byateshejwe agaciro.

Nyuma yo guhindura imikorere iyi kipe ya Kiyovu Sports yahise iba iya mbere ibikoze mu Rwanda, ikava mu gukora nka Associated igakora nka Company.

Itangazo ikipe ya Kiyovu Sports yageneye abanyamakuru
Ibirango bishya bya Kiyovu Sports

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Wa muyobozi wavuze ku modoka ya Bruce Melodie yatangaje ko abantu bamwumvise nabi

Gapapu kuri Radio: Charles yararanye inkweto nyuma y’ibyo yakoreye Josee akundanaga na Christian (Audio)