in

Breaking news: APR FC yaraye ikoze operation ikomeye isinyisha rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Mali mu minota 30 mbere yo gufata indege imwerekeza mu Bufaransa

APR FC yaraye ikoze operation ikomeye cyane, isinyisha umukinnyi w’umunya Mali witwa Mamadou Lamine Bah mbere y’uko afata indege ijya mu Bufaransa.

Amakuru dukesha umunyamakuru Sam Karenzi wa Fine FM uzwiho gutangaza inkuru z’imbere muri APR FC, yavuze ko uyu musore wambara nimero 10 w’ikipe y’igihugu ya Mali yasinye mu minota 30 mbere yo gufata indege berekeza mu Bufaransa gukina imikino ya Olympique.

Nyamukandagiramukibuga ikomeje gushaka abakinnyi bakomeye muri Africa, ikaba iri mu mikino ya CECAFA Kagame Cup muri Tanzania, aho yaraye yitwaye neza itsinda umukino wa mbere Singida igitego 1-0.

Andi makuru meza, umuntu wese ufite imbuga nkoranyambaga ushaka kuzikoresha zikamwinjiriza amafaranga atubutse. Kanda kuri iyo link wiyandikishe: https://share.clickrwanda.com/advert/544665ab-6f98-4e08-88ad-2677b36614b0?ref=agent_133

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Hashyizweho ibiciro bishya by’amata ku borozi bisimbura ibyari bisanzwe

Myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi, Mutsinzi Ange yagaragaye ku rutonde rw’abakinnyi bazakina Uefa Europe League