in

Breaking news: Abandi bagabo 2 bo muri FERWAFA aka kanya bahise begura

Nyuma y’amasaha make gusa uwari perezida wa FERWAFA Nizeyimana Olivier yeguye ku nshingano ze, abandi bagabo 2 bahise bamukurikira.

Uwari umunyamabanga mukuru wa FERWAFA Bwana Henry Muhire na mugenzi we IRAGUHA David wari ushinzwe imari nibo bamaze kwegura ku nshingano zabo aka kanya.

Amakuru atugeraho avuga ko uko amasaha yicuma hari abandi bayobozi muri FERWAFA bari bwegure ku mirimo yabo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Itangazo ryihutirwa rigenewe amashuri abanza n’ayisumbuye

“Narinkumbuye kurongora agasugi” Umwalimu wo mu mashuri yisumbuye yasambanyije umukobwa w’umunyeshuri wari ukiri isugi