in

Breaking: Abafana bemerewe kugaruka ku bibuga

Kuri uyu wa Kane nibwo minisiteri ifite mu nshingano Siporo, isohoye amabwiriza mashya agenga iyi shampiyona ya Primus Rwanda National League.

Aya mabwiriza mashya ya MINISPORTS aremerera abafana kugaruka bakaza ku bibuga ariko ama stades akajya yakira abafana bangana na 50%

Kubwibyo byumwihariko abafana Bose barasabwa kuba buri umwe wese yarakingiwe inkingo ebyiri ndetse n’urwo gushimangira narwo yararuhawe arirwo rwa gatatu.

Kukijyanye nuko abafana babanzaga kujya kubibuga babanje gutanga Amafaranga maze bakabapima buri gihe ko baba badafite icyorezo cya Corona Virus bikuweho.

Kukumenya byinshi kuri Ayo mabwiriza mashya wabisanga hano:

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Christopher witegura gushyira hanze indirimbo nshya|| inyogosho ye ikomeje kuvugisha abatari bake

Umubyeyi yakozwe n’isoni ubwo yisangaga kuri instagram live yambaye uko yavutse