in ,

NdabikunzeNdabikunze

Bombori Bombori mu Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru (Amavubi) iri muri Kenya

Nyuma yaho ikipe yu Rwanda y’umupira w’amaguru itsindiwe i Kigali na Mali ibitego 3-0, yahise yerekeza mu gihugu cya Kenya aho izakina umukino n’ikipe ya Kenya.

Amakuru aturuka muri Kenya aravugako umukinnyi Rafael York mu gitondo cyo kuwa Gatandatu yabyutse asubira muri Sweden, nyuma yo kuvuyanga Staff Technique y’u Rwanda aho bari bari muri Kenya ababwira ko atiteguye gukina umukino wa Kenya.

Amakuru ava muri Kenya avuga kandi ko nta muntu n’umwe bari bigeze bashwana.

Si ubwa mbere York akoze igikorwa nk’iki kuko na nyuma y’umukino wa Uganda wabereye i Kigali nabwo yashatse gusubira muri Sweden adakinnye uwo kwishyura.

Umukinnyi Rafael York

 

Reba abakinnyi bahembwa amafaranga menshi kurusha abandi mu Rwanda:

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Aho yaciye ntihaca urwaho: Ibyo Zari na Diamond Platnumz bakoranye byongeye gushyira abantu mu rujijo(Video).

Musore/mugabo niba utereta umukobwa/umugore menya ko ibi bice by’umubiri we bidakinishwa ujye ubyubaha