Sibomana Patrick papy wakiniraga ikipe ya Police FC nyuma yo gutangaza amakuru avuga ko atakiri umukinnyi w’iyi kipe kuri ubu akaba yerekeje muri Mozambique.
Byari amarira ubwo umugore we yamusezeraga ariguta amarira anamuha bizu ivanze n’amarira mbere yuko afata rutemikirere.
Patrick papy agiye gukinira ikipe ya Ferroviario de Beira mu gihugu cya Mozambique.