in

Uyu muhungu Imana iramwikundira: Wizkid yanditse amateka atarakorwa n’undi wese muri Afurika atanga umukoro ukomeye cyane kuri Davido na Burna Boy

Uyu muhungu Imana iramwikundira: Wizkid yanditse amateka atarakorwa n’undi wese muri Afurika atanga umukoro ukomeye cyane kuri Davido na Burna Boy.

Umuhanzi ukunzwe cyane ku Isi ukomoka ku mugabane w’Afurika Wizkid yahaye bagenzi be bo muri Nigeria umukoro ukomeye cyane nyuma yuko uyu musore akoze amateka yo kuba Umunyafurika wa mbere uhawe igihembo cya “BRIT Billion Award” gitangirwa mu Bwami bw’u Bwongereza.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imana isubiriza igihe: Ibyishimo ni byose mu muryango wa Davido nyuma yuko Imana imukoreye ibisa nk’ibitangaza -IFOTO

Umusirimu ntabwo ajya asaza pe! Cristiano Ronaldo yatsinze igitego cy’umutwe kimeze neza nka bimwe yatsindaga mu myaka 5 ishize – VIDEWO