in

Biyemeje kuzenguruka isi; The Ben yasabye ikinu gikomeye uwamutwaye umutima

Umuhanzi The Ben n’umukunzi we Uwicyeza Pamela barimo kubarizwa mu gihugu cya Uganda nyuma yo kuva mu birwa bya Maldives aho bari bagiye kwizihiza isabukuru y’amavuko y’uyu muhanzi.

Biravugwa ko The Ben ashobora kuva muri iki gihugu arangije imishinga yakoranye n’abahanzi bo muri Uganda ubwo aherukayo.

Muri 2019 nibwo hatangiye kuvugwa inkuru z’urukundo hagati ya The Ben na Uwicyeza Pamella, nyuma baza kwerura abakunzi babo bararumenya.

The Ben yasabye Uwicyeza kuzamubera umugore [ibimaze kumenyerwa nko gutera ivi] ku Cyumweru tariki 17 Ukwakira 2021, igikorwa cyabereye mu Birwa bya Maldives ari naho baherereye ubu.

Tariki 31 Kanama 2022, nibwo The Ben yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Uwicyeza Pamella, mu muhango wabereye mu Murenge wa Kimihurura, mu Karere ka Gasabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma ya Boubacar Traoré watukanye n’abafana, undi mukinnyi wa Rayon Sports nawe yinubiwe n’abakunzi b’iyi kipe

Yagize umujinya w’umuranduranzuzi ubwo yatungurwaga n’umuryango we (AMASHUSHO)