in

Bitunguranye; Ikindi gitaramo cya Bruce Melodie cyirasubitswe kubera impamvu ikomeye cyane

Igitaramo cya kabiri cy’umuhanzi Bruce Melodie cyari kubera kuri Mess des officiers, ntabwo kiri buze kuba kubera ibizazane uyu muhanzi yahuye nabyo ubwo yageraga mu gihigu cy’u Burundi.

Nkuko Manager Coach Gaël wa Bruce Melodie yabitangarije Ikinyamakuru JIMBERE MAGAZINE yemeje ko nta gitaramo uyu munsi bari bukore.

Yagize ati:”Ejo aho igiteramo cyari  kuzabera kuri Mess des officiers ntikizaba byahindutse kubera ibyari bimaze iminsi biba.”

Manager Gael Coach akomeza avuga ko bari gushaka ahandi bazakorera icyo gitaramo cyabo cya kabiri nkuko bari babipanze bajya kuva mu Rwanda.

Ati “Turimo turagerageza turabe ko ku Cyumweru tariki 4 Nyakanga hoboneka ikibuga akoreramo byanze tuzabamenyesha umunsi nyirizina tuzakoreraho igitaramo.”

Byari biteganyijwe ko kuri uyu wa Gatandatu Bruce Melodie ajya gutaramira kurig Mess des Officiers mu gitaramo cy’abafana b’inkoramutima ba Bruce.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza wa URA FC yatangariye ubuhanga bw’umukinnyi wa Rayon Sports avuga ko afite ubushobozi bwo gukina hanze y’u Rwanda

The Ben yari yagize icyo avuga ku ifungwa rya Bruce Melody