in

The Ben yari yagize icyo avuga ku ifungwa rya Bruce Melody

The Ben uherutse gukora ubukwe n’umukunzi we, Uwicyeza Pamella yagize icyo avuga kuri mugenzi we w’umuhanzi Bruce Melody wari warafashwe arafungwa mu gihugu cy’u Burundi.

Ubwo The Ben yasinyaga amasezerano y’ubufatanye n’ikipe ya ORION Basketball Club yasabwe kugira icyo avuga ku ifungwa ry’uyu musore, avuga ko yababajwe n’ibyamubayeho. Yagize ati” Ndababaye cyane kuba umuvandimwe wanjye afungiye mu gihugu cy’u Burundi kandi yari agiye gukorayo akazi. Turi gusenga cyane kugira ngo amere neza ndetse akore ibyamujyanye.”

Icyakoze Bruce Melody yaje gukora igitaramo mu Burundi ndetse kigenda neza cyane abantu amarangamutima arabafata kubona uwari uje abasanganiye afatwa agafungwa.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bitunguranye; Ikindi gitaramo cya Bruce Melodie cyirasubitswe kubera impamvu ikomeye cyane

Abagabo baratabaza abagore babo bajya mu busambanyi bitwaje amasengesho