in

Biteye ubwoba:Abagore baguwe gitumo bari kogera mu irimbi banavuga amagambo y’imitongero.

Mu gihugu cya Nigeria hafashwe amashusho atangaje y’abasore bavuye iwabo bajya kogera mu irimbi ndetse abababonye bumvise bari no gusubiramo amagambo y’imitongero babwiwe n’abapfumu.

Aya mashusho yafashwe n’umuntu wari hafi aho mu rugo rwegereye iri rimbi.Uyu yavuze ko yabonye aba basore bari koga mu gihe umwe yagiye ku gituro kimwe atangira kuvuga amagambo y’ubupfumu.

Ubwo bari barangije koga aba ngo bataye isabune bisize ubwo barimo koga ku gituro kimwe muri iri rimbi barangije baragenda bameze nk’abahunga kuko byabaye ngombwa ko basimbuka uruzitiro.

Nubwo hatavuzwe icyateye aba basore gukora ibi bintu by’ubupfumu,ariko hari abakeka ko aba ari abatekamutwe bashakaga kujya batwara ibintu bya rubanda binyuze mu bikorwa by’imyuka mibi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru wa RBA ukunzwe mu byegeranyo by’imikino yambitse impeta umukunzi we amusaba kuzamubera umugore (AMAFOTO)

Miss Uganda yambuwe igitaraganya ikamba ryambikwa undi||Menya uko byagenze!