in

Biteye agahinda:Yishe umukunzi we nyuma yo gusanga avugana n’umu Ex we kuri telefoni.

Umusore w’ahitwa Kaduna muri Nigeria uzwi ku izina rya Sylvester Folorunsho arashinjwa kuniga umukunzi we kugeza apfuye amuhoye kwitaba telefoni bari kumwe ubwo yari ahamagawe n’uwo bahoze bakundana.

Nk’uko amakuru abitangaza, aba bombi bananiwe kumvikana bituma havuka imirwano yarangiye uyu musore anize umukobwa arapfa.

Mu butumwa bwa Facebook bwakozwe na mwene wabo wa nyakwigendera, yavuze ko mushiki we Ashulee Winnie Bahago yakiriye telefoni y’uwahoze ari umukunzi we.

Kuyitaba byatumye habaho ubwumvikane buke hagati ya nyakwigendera n’umukunzi we wamunize kugeza apfuye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubukwe bw’umukinnyi Djihad Bizimana bwasubitswe ku munota wanyuma

Waruziko : Amavuta y’ikibonobono ari meza ku musatsi. Menya uko akoreshwa