in

Biteye agahinda:Bus yari itwaye abagiye mu bukwe ikoze impanuka hapfiramo n’umugeni

Impanuka ikomeye ya bisi yahitanye a barenga 25 ubwo yaritwaye abari bitabiriye ubukwe.

abantu barenga 25 bapfuye nyuma yuko bisi yari ibatwaye mu birori by’ubukwe yaguye kumusozi Mu buhinde.

Abashyitsi bari batashye bava i Laldhang mu karere ka Haridwar ubwo iyi bisi yaguye mu muhanda i Pauri Garhwal ikangirika bikabije igatwara ubuzima bwa benshi.

Nk’uko amakuru abitangaza, byibuze abantu 21 barokotse gusa nabo bakomeretse bikabije nyuma yigenzurwa ryakozwe na polisi.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi 5 bakomeye ku isi batazitabira igikombe cy’isi muri Qatar

BURERA:Umusore yishe nyirakuru urubozo amuziza imitungo