in

Biteye agahinda: Umugabo waciye agahigo akora ubukwe bwa miliyari yitabye Imana

Si kenshi usanga umugabo yashoye akayabo kugirango umugore yishime mu bukwe bwe ,gusa uyu yashoye miliyari mu bukwe bwabo.

Umucuruzi ukomoka mu Bwongereza ariko ufite inkomoko muri Uganda, Lawrence Kakooza,wari ufite imyaka 45, uherutse gushyingiranwa na Justine Nabwami .

Mu bukwe bukomeye bivugwa ko bwatwaye amafaranga arenga miliyari y’amashilingi ya Uganda bivugwa ko yapfuye ubwo yari mu kwezi kwa buki ku ruzi rwa Nile ku isumo rya Murchison.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Umuryango wa Tiger B” Ibyo The Ben yavuze ku ifoto ye ari kumwe na Pamela (Videwo)

Breaking News: Kiyovu Sports yongereye amasezerano y’ubufatanye na Sosiyete igurisha ibikoresho by’ubuvuzi (Amafoto)