in

Biteye agahinda! Mu Rwanda umuryango w’umugore n’abana be batatu bibera mu gihuru. Video

Nkuko bigaragara mu mashusho yashyizwe hanze n’umunyamakuru Irene Murindahabi ukorera Televiziyo ya Isibo Tv, umuryango w’umugore n’abana be babatu bibera mu gihugu.

Uyu munyamakuru yasangije abamukurikira kurubuga rwa Instagram amashusho maze mw’ijwi ryuje agahinda atangaza ko abantu bagaragara murayo mashusho ari umuryango wibera mu gihuru.

Nkuko akomeza abivuga, uyu muryango umenyereye ubwo buzima dore ko abana bari bari no gukina nubwo bigaragara ko ubuzima babayeho budashimishije.

Ubwo tuzamenya amakuru y’isumbuye kuri iyi nkuru tuzabagezaho.

Reba amashusho y’uyu muryango wibera mu gihuru, yafashe n’umunyamakuru wa Isibo Tv’

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

#MissRwanda2022: Madam wa Clapton Kibonke nawe yitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda

#MissRwanda2022: Abakobwa 29 batarimo Fofo wo muri Papa Sava nibo bagomba guhagararira umugi wa Kigali