in

NdababayeNdababaye

Biteye agahinda: Ibyo umukobwa muto yahuye nabyo mu myaka 20 amaze ari ku cyuma cyongera umwuka

Mujawamariya akaba ari we nyina w’umukobwa witwa Uwase Adeline wahuye n’ikibazo cy’ubuhumekero ,kuva 1999 nibwo byamuvashe ageze ku myaka 7.

Kuva icyo gihe nyina umubyara yakomeje kumuvuza mu bitaro bitandukanye gusa bikomeza kwanga, nyuma y’uko umubyeyi we atandukanye na Se wa Adeline mu mateko mu 1997.

Mujawamariya avuga ko yagerageje gukora ibishoboka ngo avuze umwana ndetse agurisha ibyo yarafite byose kugirango abone uko yavuza Adeline gusa bikomeza kwanga.

Mu gahinda kenshi nyina wa Adeline avuga ko umwana we abayeho ubuzima bukomeye kuko ahora ku cyuma cyongera umwuka buri munsi kandi amasaha yose.

Akomeza ashimira benshi bamufashije kugirango Adeline abone imashini yongera umwuka dore ko ihenze kandi itwara umuriro mwinshi .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo gutandukana n’icyuki, dore ibyabaye kuri wa musore w’ibigango (video)

Amafoto y’umukobwa mwiza wahize abandi muri Miss Rwanda yavugishije abakoresha instagram