in

Bitabiriye urubanza! Abagize umuryango wa Titi Brown bagaragaye ku rukiko uyu musore yaburaniyeho – AMAFOTO

Abagize umuryango w’umubyinnyi Ishimwe Thierry ‘Titi Brown’ barimo ise umubyara, murumuna we, mushiki we n’inshuti zitandukanye bitabiriye urubanza uyu musore aregwamo icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa utaruzuza imyaka y’ubukure.

Ni urubanza rwabaye kuri uyu wa Kane tariki 20 Nyakanga 2023, aho Ubushinjacyaha bwasabiye Ishimwe Thierry ko yahamwa n’icyaha agafungwa imyaka 25 kubera gusambanya umwana utarageza imyaka y’ubukure.

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko umwanzuro w’urubanza ruregwamo uyu musore ruzasomwa ku wa 22 Nzeri 2023.

Se wa Titi Brown

Murumuna wa Titi Brown

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Habereye impanuka ikomeye cyane y’ikamyo nini yaguye mu muhanda rwa gati maze umushoferi wari uyitwaye akahabonera ibitangaza

Iyi couple yaba irenze! Ihere ijisho amafoto y’indobanure y’icyizungerezi cyo muri Kenya cyateye imitoma Element -AMAFOTO