in

“Bitabaye ibyo ndatangira kuririrmba” Shaddyboo nyuma yo kubona ibyo Meddy yavuze bikamukora ku mutima yahise avuga ko agiye kwinjira mu muziki Meddy ntadasohora indirimbo

“Bitabaye ibyo ndatangira kuririrmba” Shaddyboo nyuma yo kubona ibyo Meddy yavuze bikamukora ku mutima yahise avuga ko agiye kwinjira mu muziki Meddy ntadasohora indirimbo.

Meddy abinyujije ku rukuta rwe rwa X yagize ati “Generally people want to appease their emotions, they don’t want truth !…. And I am the opposite”.

Ugenekereje mu kinyarwanda yagize ati “Ubusanzwe abantu baba bifuza guhosha amarangamutima yabo, ntibaba bashaka ukuri! …. Ariko ngewe sindi nkabo (ndatandukanye) “.

Shaddyboo yahise amusubiza ndetse mu byo yamusubije, yamubwiye ko bakeneye indirimbo yerekeranye nibyo avuze, Shaddyboo yavuze ko ntibitaba ibyo arahita atangira kuririrmba ngo gusa arabizi ko nta muntu wabikunda.

Shaddyboo yagize ati ” Seeking truth is a solitary path but oh so rewarding. Stay true, even when others choose comfort over reality. 💪 #TruthSeeker And hey, we need a song about this — or I might just start singing, and no one wants that! 😂🎵”

Ugenekereje mu kinyarwanda yagize ati” Gushaka ukuri ni inzira umuntu anyuramo ari wenyine, ariko iyo nzira ihesha ingororano nyinshi. Komeza kuba inyangamugayo, kabone nubwo abandi baba bahisemo ibibashimisha aho guhitamo ukuri. Hagati aho, dukeneye indirimbo kuri ibi – – – bitabaye ibyo nshobora gutangira kuririmba, kandi ndabizi ko nta muntu ubishaka! “.

Ibi ni nyuma yuko abantu benshi bakomeje kwibutsa Meddy ko bakeneye indirimbo, ndetse Meddy aritegura kuza mu Rwanda mu kwa 12 ubwo azaba atashye ubukwe bwa The Ben.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

KNC yamaze kwakira muri Gasogi wamwana w’imfubyi witwa Cedric watsindiye kujya mu kademi ka Buyen Munich akirengagizwa, yahawe ibikoresho bijyanye n’umwanya akinaho ndetse bamukoreye ikindi gikorwa cyashimwe na bantu bose

The Ben yakije imodoka ye y’akataraboneka ajya i Musanze kureba umuhanzi w’umunyamerika wakunze ukuntu aririmba (VIDEWO)