in

Biravugwa ko umusore w’umunyarwanda wemera ko ari umutinganyi yoherejwe i Kigali avanwe muri Amerika kubera ibyaha yahakoreye

Biravugwa ko umusore w’umunyarwanda wemera ko ari umutinganyi yoherejwe i Kigali avanwe muri Amerika kubera ibyaha yahakoreye.

Amakuru ari kuzenguruka ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye aremeza ko Semuhungu Eric yoherejwe mu Rwanda.

Eric Semuhungu yagejejwe i Kigali mubyo bita deportation. Ni inyuma yaho yaramaze iminsi afungiwe muri NYE Immigration Detention Center.

Semuhungu yaramaze amezi arenga ane afungiwe muri America akurikiranyweho ibyaha bitari byatangazwa.

Gusa bivugwa ko yari akurikiranyweho gusakaza amashusho y’urukozasoni y’umusore bagize kuryamanaho.

Amakuru yo koherezwa mu Rwanda kwa Semuhungu Eric nta rwego rwari rwayemeza biracyari ibivugwa.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Inzererezi z’abagabo zitita kubana bazo… Rega kugira igitsina si byo bikugira umugabo” Mu burakari bwinshi Shaddy Boo yihaye abagabo batita kubana babo nyuma yo kubona umubyeyi wari uri gutakamba avuga ko umugabo yamutanye abana (VIDEWO)

Itike yo kwinjira ku mukino wa Rayon Sports na Al Hilal Benghazi ishobora kuzigonderwa n’umugabo hagasiba undi