in ,

Biravugwa ko umunyamakuru ukunzwe cyane mu Rwanda muri siporo, Benjamin Gicumbi agiye kujya kwibera hanze y’u Rwanda we n’umugore we bamaze igihe babana

Biravugwa ko umunyamakuru ukunzwe cyane mu Rwanda muri siporo, Benjamin Gicumbi agiye kujya kwibera hanze y’u Rwanda we n’umugore we bamaze igihe babana.

Ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye inkuru y’uko Benjamin Gicumbi agiye kujya kwibera hanze y’u Rwanda yamaze kuba kimomo.

Amakuru avuga ko aragenda vuba aho we n’umuryango we.

Andi akomeza yemeza ko yamaze no kubona umusimbura kuri BB Fm Umwezi, uwo akaba ari Mahoro Nasri wakoraga kuri Flash Fm.

Hagenimana Benjamin wamenyekanye nka Gicumbi nta kintu yari yatangaza kuri ayo makuru yo kujya kwibera hanze y’u Rwanda.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Urujijo rwari rwose! Ni gute umugabo wari ugiye gushyingurwa yaje kwitabira uwo muhango we aturutse muri kajugujugu kandi abantu bari bazi ko bagiye kumutaba (VIDEWO)

Amafoto y’inkumi iri mu munyenga w’urukundo na Phil Peter yateje uruntu runtu (Amafoto)