in

Biravugwa ko bamwe mu bari hafi ya Rayon Sports basabye Al Hilal Benghazi miliyoni zirenga 20 z’amanyarwanda kugira ngo bayanyanyagize mu bakinnyi ba Rayon Sports

Biravugwa ko bamwe mu bari hafi ya Rayon Sports basabye Al Hilal Benghazi miliyoni zirenga 20 z’amanyarwanda kugira ngo bayanyanyagize mu bakinnyi ba Rayon Sports.

Nk’uko bitangazwa n’umunyamakuru wa Flash Fm, Ephraim Kayiranga yavuze ko hari abantu bamwe basabye amafaranga Al Hilal Benghazi kugira ngo bayahe abakinnyi ba Rayon Sports.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X yahoze yitwa Twitter, Ephraim yagize ati: “Hari abantu bamwe barimo abahoze ari aba-Rayon n’abakiribo bashobora kuba basabye Al Hilal Benghazi amafaranga ibihumbi 20 $ (arenga miliyoni 20 z’amanyarwanda) ngo bayanyanyagize mu bakinnyi ba Rayon Sports bazitsindishe (ntibarayahabwa)”

“Aya makuru yageze muri Rayon yatangiye no gukurikirana.”

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Impinduka zikomeye kuri Shampiyona y’u Rwanda kubera ikipe ya Rayon Sports

Rusororo/Bambino! habereye impanuka ikomeye cyane y’imodoka nini yahise ifunga umuhanda Kigali-Rwamagana ukuba utakiri nyabagendwa