in

Biravugwa: APR FC yavuye muri Africa Y’Epfo ikurayo rutahizamu uca inshundura

Bivugwa ko ikipe ya APR FC yamaze kumvikana na rutahizamu ukomoka muri Nigeria wakiniraga ikipe ya Venda Football Academy muri Afurika y’Epfo mu cyiciro cya kabiri, Adepoje Adebare Babatunde.

Uyu rutahizamu w’imyaka 27 akaba yarinjiye muri iyi kipe yo muri Afurika y’Epfo mu ntangiriro z’uyu mwaka aho yari atandukanye na Nyasa Big Bullets yo muri Malawi.

APR FC bivugwa ko umwaka w’imikino wa 2023-24 igomba gusubira ku banyamahanga ikaba ari umwe mu bakinnyi yaganirije ndetse bivugwa ko banumvikanye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu mugabo nawe nta mikino agira: Ama G The Black yatangaje umuhanzi ugomba kuririmba mu gitaramo cye ku ngufu

Bamuhaye ibye: Killa Man yakubiswe iz’akabwana n’umugore yishakiye (Amashusho)