in

Biratangaje: Rutahizamu wu Rwanda Kagere Meddie yagaragaye mu kibuga yambaye umwambaro wanditseho izina ry’umugore we

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, Kagere Meddie ukinira Singida Big Stars yo mu gihugu cya Tanzania yatunguye abantu benshi ubwo yakinanaga umwambaro wanditseho izina ry’umugore we ari we Oda.

Ubundi bimenyerewe ko umukinnyi akina yambaye umwambaro wanditseho amazina ye ndetse ni nako bimeze kuri rutahizamu w’abanyarwanda Kagere Meddie umaze igihe kingana nk’imyaka 4 akina muri shampiyona ya Tanzania.

Uyu mukinnyi wamamaye muri Tanzania bitewe no gustinda ibitego abantu bakamukindira uburyo abyishimira yatunguye abantu ahindura izina rye, ubusanzwe yakinaga yambaye izina rye ‘Kagere’ mu mugongo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore ari mu marira nyuma yo gukoresha ubukwe bw’agatangaza ngo yemeze abantu

Biratangaje: Umusore yategetswe kurongora abakobwa batatu icyarimwe bavukiye rimwe(Amafoto)