in

Biratangaje; Ibihugu bitagira igisirikare kandi bikabaho

Kuri ubu kugira ngo igihugu gikomere, bisaba kuba gifite igisirikare gikomeye ku buryo hagize umwanzi ugitera cyashobora kwirwanirira, kuri iyi si hari ibihugu bitatu hitagira ingabo, ibyo ni;

1. Samoa

2. The costa Rica

3. Iceland 

Ibi bihugu byose nta ngabo cyangwa se igisirikare bifite ariko imiryango iharanira amahoro ku isi nka NATO niyo iba ikorera muri ibyo bihugu ariko bitavuse ko ari igisirikare cy’abene gihugu.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Rwanda: umugabo yaciye igikuba nyuma yo kugaragara asengera mu nsi y’urutare ruteye ubwoba(Video)

“Uramwakiriye da”-Ibyo benshi bakomeje kuvuga nyuma y’uko clarisse aguye mu byano El Hadji Diouf (video)