in

Birashoboka se? Dore ibiteye ubwoba bishobora gutuma ikipe ikunzwe mu Bwongereza ishobora kuzisanga mu kiciro cya kabiri umwaka utaha w’imikino.

Enzo Fernandez umwe mu bakinnyi bahenze ikipe ya Chelsea

Ikipe y’ibigwi mu Bwongereza ikomeje kwicarira ishyiga rishyushye nyuma yo gusoza nabi umwaka w’imikino ushije ndetse ikaba ikomeje no kugira inangiriro mbi zuyu mwaka

 

Iyi kipe ya Chelsea benshi bakomeza kwemeza badashidikanya ko ntagihindutse uyu mwaka w’imikino ushobora kuyibera mubi kurusha umwaka ushije umutoza mushya wiyi kipe pocetino yagerageje kugura ndetse no gutirura abakinnyi ariko biranga biba ibyubusa Ibi bikaba bishimangira ko ntagihindutse Chelsea ishobora kuzisanga mu kiciro cya kabiri uyu mwaka

Mu Mikino ibiri Chelsea imaze gukina yanganyijemo umwe itsindwa undi ndetse kuruyu wa gatanu irakina umukino wa gatanu na Luton.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibintu bihise bihindura isura: Ndimbati atangaje amagambo atumye abantu bumva neza agahinda ke batangira kumurwanaho

Yasesenguye APR FC maze Reagan Rugaju na Faustinho barumirwa! Wa mwana ufite ubuhanga budasanzwe yavuye i Nyaruguru ageze i Nyarugenge asesengura uburyo APR FC yanyagiye Gaadiidka FC abari mu kiganiro baratungurwa- VIDEWO