in

Birasaba kwigomwa ibintu bikomeye cyane kugirango ureba umukino Rayon Sports izakinamo na Sunrise FC kandi izi kipe zirimo gutera isekuru muri Shampiyona

Birasaba kwigomwa ibintu bikomeye cyane kugirango ureba umukino Rayon Sports izakinamo na Sunrise FC kandi izi kipe zirimo gutera isekuru muri Shampiyona

Ikipe ya Rayon Sports izakira uyu mukino yamaze gutangaza ibiciro byo kwinjira ku mukino wayo n’ikipe ya Sunrise FC uzaba ku munsi wejo kuwa gatandatu.

Iyi kipe ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yatangaje ko kwinjira ahasanzwe ni ibihumbi 3, ahatwikiriye ni ibihumbi 5, muri VIP ni ibihumbi 10 naho muri VVIP ho hashyizwe ku bihumbi 20.

Ibi biciro ubona ko ari byinshi ukurikije uko aya makipe arimo kwitwara muri iyi minsi dore ko yose umukino w’umunsi wa 7 ntabwo yabashije kubona intsinzi. Rayon Sports yatsinzwe na Sunrise FC naho Sunrise FC yo ntiyabasha kwikura imbere ya Etincelles FC nubwo yari mu rugo.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ntabwo abantu bari bakwiye gutinya RIB” Umuvugizi wa RIB yavuze uko bigenda iyo uru rwego ruguhamagaje ukanga kwitaba ndetse amara ubwoba abantu bumvako iyo iguhamagaje utagaruka mu rugo (VIDEWO)

Agiye kuza aje! Umuhanzikazi Dore Imbogo yatangaje ko amaze igihe ari gutegura ibihangano by’umwihariko bizaba bigezweho muri 2024