in

NdabikunzeNdabikunze

Birangiye Ngenzi agize igize icyo atangaza ku bimaze iminsi bimuvugwaho||Aratunguranye

Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hatigise kubera umugabo witwa Gaga Daniel wamenyekanye nka Ngenzi muri filime ‘Ikigeragezo cy’ubuzima’. Bitewe n’uburyo akina ari umugome, benshi bari kugaragaza uko bamufata bakabikora mu gutebya kwinshi ariko bakumvikanisha ko ari umugabo udasanzwe ufite impano ikomeye muri sinema

Ngenzi ubwo yabazwaga niba yabonye ibiri gucicikana kuri we ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane kuri Twitter yatunguranye avuga ko ibirimo kumuvugwaho nta kibazo biteye.

Yagize ati’’ Nabibonye rwose, kuri njyewe nta kibazo binteye rwose nabyakiriye neza kuko buri gihe cyose iyo ufite icyo ukora umenyerewemo rimwe na rimwe uwakuvuga, yaba akuvuzeho ibintu byiza yabivuga, yaba akuvuzeho ibintu bibi yabivuga uwarema icyo aricyo cyose yakirema ni ibintu bibaho kuri buri muntu wese”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibintu bitangaje abantu benshi bakora ariko batazi icyo bisobanuye.

Bahawe urw’amenyo nyuma yo gusomana bambaye udupfukamunwa.