in

Birabe ibyuya!: Umugabo w’umupasiteri ushinjwa gusa na Hon. Bamporiki Eduard yahanuriye mugenzi we ibintu byatumye abantu bumirwa bahita batangira kumusabira igihano cy’urupfu -AMASHUSHO

Birabe ibyuya!: Umugabo w’umupasiteri ushinjwa gusa na Hon. Bamporiki Eduard yahanuriye mugenzi we ibintu byatumye abantu bumirwa bahita batangira kumusabira igihano cy’urupfu.

Mu mashusho yacaracaye ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye yagaragaje umugabo w’umupasiteri ujya gusa na Hon. Eduard Bamporiki ari guhanurira umugabo amubwira ko bimwe mu bice bye by’imyanya y’ibanga byatwawe abantu barumirwa.

Amashusho:

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa akomeje gukoroza imbuga nkoranya mbaga nyuma yo gusangiza amashusho ye arimo azunguza ikibuno yambaye utwenda tugaragaza byose

‘Kuducyura kare bigiye gutuma tubyara indahekana’ Nyuma y’uko hashyizwe ho itegeko ry’uko utubari tugomba gufunga saa saba z’ijoro bamwe mu bagabo amarira ni yose bari kwibaza indahekana bagiye kwibaruka icyo bazazireresha [Reba ibitekerezo bya bamwe]