in

Birabe ibyuya! Rubavu, ikirombe kiguye hejuru y’abantu bari bari gucukura amabuye y’agaciro

Mu Karere ka Rubavu, ikirombe kiguye hejuru y’abantu bari bari gucukura amabuye y’agaciro.

Nk’uko byatangajwe n’umunyamakuru Oswald nyuma yo guhabwa amakuru n’umuturage, yavuze ko Rubavu hari ikirombe cyigwiriye abantu.

Ibi bibereye muri Muhira, Gitebe ya kabiri nk’uko bitangazwa n’uyu munyamakuru.

Uwatanze amakuru yatanze ifoto maze y’umusozi waridutse ni uko maze avuga ko harimo abantu.

Oswald yahise abimenyesha inzego z’ubutabazi zirimo Polisi abasaba gutabara.

Andi makuru mashya kuri iyi nkuru ni mukanya.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Zari Boss Lady ati: “Shakib ni ikigwari” Undi ati: “Nyubaha ndi umugabo wawe” Intambara yatutumbye hagati y’urugo rwa Zari Boss Lady n’umusore aruta mu myaka

Naomi ari mu byishimo byo kwibaruka