in

Birababaje! Umwarimu yazindutse ajya kwigisha abana asanga bose ko ari 32 bapfiriye rimwe kubera umutingito

Birababaje! Umwarimu yazindutse ajya kwigisha abana asanga bose ko ari 32 bapfiriye rimwe kubera umutingito.

Muri Morocco umwalimu yatunguwe no kujya ku ishuri yahagera agasanga abanyeshuli 32 bose yigishaga bitabye Imana bazize umutingito.

Umwalimu witwa Nesreen Abu ElFadel, wigisha mugace kahitwa Marrakesh, yavuze uburyo yashenguwe bikomeye ubwo yajyaga ku ishuri agasanga abanyeshuri be 32 bose bitabye Imana bagwiriwe n’ishuri bigiragamo

Yagize ati” nageze mu gace kabereyemo umutingito maze nyangira kubaza bamwe amwe mu mazina y’abanyeshiri nigishaka nsanga bose uko ari 32 bitabye Imana bagwiriwe n’inyubako y’ishuri kubera umutingito. ”

Tariki ya 8 Nyakaganga muri 2023 nibwo muri Marrocco yahabaye ukutingito ukomeye aho wahitanye abantu basaga ibihumbi 3000 ndetse abandi ibihumbi baburiwe irengero.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Barareba APR FC ikina na PYRAMIDS! RAYON SPORTS iri hafi kugera mu Rwanda kugira ngo ize no kwihera ijisho Umucyeba ari kwikiranura n’Umwarabu (VIDEWO)

Bishobora kuzasaba kugurisha ihene ihaka kugira ngo ugure Bibiliya! Intabaza ku kiguzi cya Bibiliya cyiri kuzamuka kurusha ibirayi bya Kinigi