in

Birababaje: Umwana w’umuhungu w’imyaka 10 yakubiswe n’inkuba maze ahita yitaba Imana

Ku wa kabiri tariki 6 Ukuboza, mu gihugu cya Zimbabwe mu gace ka Guruve  inkuba yakubise umwana w’umuhungu w’imyaka 10 wakinaga n’inshuti ze ebyiri mu giti cya pome.

Amakuru avuga ko uyu mwana yitwa Teddy Majara yapfuye ubwo yakinaga n’inshuti ze ebyiri maze ahitamo kuzamuka ku giti cya pome maze inkuba imukubitiramo.

Polisi yasabye ababyeyi n’abarezi kuba maso ku bana babo cyane cyane mu gihe cy’imvura bakabarinda kujya munsi y’ibiti.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

VVIP azaba ari ibihumbi 100! Ibiciro byo ku mukino uzahuza Rayon Sports na APR FC byatangiye guhahamura imitima y’abakunzi ba ruhago

“Urasa neza cyane pe” imiterere mishya ya Miss Mwiseneza yongeye gutungurana