in

Disi birababaje! I Nyarugenge hakozwe umukwabo wo gufata inzererezi zitagiraho kuba hasangwamo abakobwa batwite n’abandi bafite impinja

Disi birababaje! I Nyarugenge hakozwe umukwabo wo gufata inzererezi zitagiraho kuba hasangwamo abakobwa batwite n’abandi bafite impinja

Mu mujyi wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Muhima ubwo hasozwaga umuganda ubuyobozi bufatanyije n’abaturage bakoze umukwabo wo gufata inzererezi zirirwa mu mihanda y’ibice bitandukanye muri Kigali.

Uyu mukwabo wafatiwemo abakobwa batanu batwite n’abandi batatu bafite impinja aba bose bakunze kwirirwa mu gishanga cya Muhima ariko umugoroba wagera bakaza kurara ku mabaraza y’inyubako zitandukanye ziri muri gare ya Nyabugogo.

Ubuyobozi bukimara kubafata bwabicaje burabaganiriza maze babwirwa ko bugiye gusubizwa iwabo.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ese koko ibyo bashinjwa ni ukuri? Alliah Cool na bagenzi be bongeye gutitiza imbuga nkoranyambaga gusa bashinjwa kwambara nk’abantu bagiye gushyingura -AMAFOTO

Visit Rwanda! Nyuma ya Arsenal na PSG u Rwanda rwamaze gusinyana amasezerano nindi kipe yazizonze muri Champions League