in

Bimwe mu bintu abasore b’iki gihe basigaye bibeshya ko abakobwa bakunda nyamara ataribyo

Muri iki gihe hari ibintu bitandukanye abasore basigaye bibeshya ko abakobwa bakunda nyamara usanga ataribyo. Bimwe muri ibyo bintu akenshi ukunze gusanga buri musore agenda abibwira mugenzi we ugasanga abasore benshi baba babiziranyeho. Ibyo bintu ni ibi bikurikira:

1. Gushaka imitungo kugirango bazemeze abakobwa

Abasore b’iki gihe basigaye bumvako kugirango bazemeze abakobwa i Kigali ari uko bagomba kwigwizaho imitungo kugirango abakobwa bazaze bakurikiye iyo mitungo nyamara usanga abakobwa b’umutima badakundira umusore imitungo atunze.

2. Gukora umubiri

Abasore benshi b’iki gihe basigaye bibeshya ko nibakora umubiri aribwo bazemeza abakobwa bigatuma babakunda nyamara burya si abakobwa benshi bakunds abasore bakoze umubiri ndetse n’ababakunda akenshi ntabwo bibakurura ku buryo bahita bifuza gukundana nabo.

3. Ingano y’igitsina gabo

Muri iki gihe abasore benshi basigaye bazi ko ingano y’igitsina yabo nayo ishobora gutuma babona abakobwa bifuza ibyo ndetse binatuma bamwe bahora birukanka imisozi n’ibibaya bashaka imiti yongera ingano y’igitsina cyabo kugirango izabe ariyo ikurura abakobwa nyamara uku ni ukwibeshya.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abarimu batuye kure y’imiryango yabo bahawe igisubizo cy’uburyo bazajya mu biruhuko.

Igisubizo cya Miss Jordan Mushambokazi ku wamubajije icyo yavuga kuri couple ya The Ben na Miss Pamella