in

“Bikunda ubuyobozi bwatekereza uko bwabona unsimbura” Chairman wa APR FC yaciye amarenga ko ari hafi kuva muri iyo kipe ndetse agira n’icyo avuga ku kuyobora FERWAFA

Chairman wa APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga, yavuze ko atakibona umwanya uhagije muri iyi kipe, bityo bigoye ko yayobora Ishyirahamwe rya Ruhago mu (FERWAFA)

Ati “Ntabwo ndi mu bakandida bo kuyobora FERWAFA kuko inshingano mfite ziraremereye. N’izi za chairman [Umuyobozi] ni nyinshi kuri njye. Ngira ngo ubuyobozi bwanjye bwagaragarijwe ko nabona umuntu unsimbura kubera y’uko niba mubibona, uyu ni umukino wa gatandatu ndebye mu mikino ibanza n’iyo kwishyura ya shampiyona.”

Yakomeje agira ati “Ku muperezida rero urebye imikino itandatu kuri mirongwingahe, no muri APR FC narabuze.”

Yongeyeho ati: “Bikunda ubuyobozi bwatekereza uko bwabona unsimbur, ibyo narabivuze hashize igihe. Wongeyeho rero ko nayobora FERWAFA, waba udashaka ko FERWAFA itera imbere uyu munsi kuko mfite inshingano zindi ziremereye.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ku modoka asumba: Kenny Sol yongeye kugaragara ndetse anavuga ko asigaye akomeye kurusha uko mumuzi (AMAFOTO)

“Nayiguriye amata” Umushoferi wari utwaye ya modoka yaraye ihiye, yavuze ukuntu byagenze ngo ishye n’ukuntu yatabaye abari bayirimo bose (VIDEWO)