in ,

Bikora bake! Nsanzimfura Keddy wari warabenzwe n’amakipe y’i Nyarugenge yerakanye ko atagiye gutembera mu Misiri -IFOTO

Bikora bake! Nsanzimfura Keddy wari warabenzwe n’amakipe y’i Nyarugenge yerakanye ko atagiye gutembera mu Misiri.

Umusore ukuri muto Nsanzimfura Keddy wakiniye amakipe akomeye cyane hano mu Rwanda arimo Kiyovu Sports na APR FC ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yasangije abakunzi be ifoto igaragagaza ko atagiye gutembera mu Misiri aho asigaye akina.

Nsanzimfura Keddy yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yasangije abakunzi be ifoto igaragagaza abakinnyi 11 babanza mu kibuga mu ikipe ye ya Al Qanah FC ikina mu cyiciro cya kabiri muri shampiyona y’igihugu cya Misiri.

Iyi foto yagaragayemo uyu musore uri mu bakinnyi beza cyane u Rwanda rufite mu myaka iri mbere dore ko azwiho kugira impano idasanzwe.

Ifoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umufana wa Kiyovu ukomeye Lucky Nzeyimana yavuze ko n’ubwo adakunda Rayon Sport gusa umugati wayo ntago azawuhemukira n’ubwo hari bamwe bari kwivugisha ngo iraboze (Video)

Nukuri hahirwa umugabo uzakujyana akabona ubwiza bwawe burenze ubu twe tubona, Amafoto ya Mutesi Jolly yatumye bamwe bavugishwa(AMAFOTO )