in

Bikomeje kugorana: Ibyabere i Gisenyi byatumye havugururwa umugani nyarwanda

Ibyabereye i Gisenyi byatumye abahanga mukuvugurura imigani bavugurura umugani nyarwanda wari umaze akavagari k’imyaka.

Nyuma y’uko muri iyi wikendi mu mujyi wa Gisenyi i Rubavu habereye ibirori byavugishije benshi bitewe n’ibyakorewemo byatumye havugururwa uyu mugani ugira uti:” Ubwiza bw’umukobwa bumugeza ibwami, ubwenge bwe bukamutinzayo”.

Bamwe mu bantu babonye ibyabereye i Gisenyi bahise bahindura uyu mugani bagira ati:” Ubwiza bw’umukobwa bumugeza i Rubavu ariko ikofi y’umusore niyo igena iminsi azamarayo”.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mutoni Assia ‘Mama Aayan’ ufite ibyishimo byinshi nyuma yo kwibaruka yashimagije umugabo we abinyujije mu ndirimbo iri mu zigezweho hano i Kigali

“Komeza usunike” Amagambo y’ubwenge ugomba kugenderaho uyu munsi mu gihe wumva ibintu byose bitarimo kugenda uko ubyifuza