in

Bikomeje kuba bibi hagati y’umwana na papa we, 50 Cent yandagaje umwana we yibyariye

Uyu muraperi n’umuhungu we Marquise Jackson ntabwo bafitanye umubano mwiza kandi ibi byagaragaye ku mbuga nkoranyambaga, aho Marquise aherutse kwaka inkunga y’ukwezi kumwe ingana n’ibihumbi 6 byamadorali [$6.700$] ahwanye na miliyoni hafi 7 z’amafaranga y’urwanda, gusa amafaranga uyu muhungu yahawe yayakoresheje mu gihe kingana n’amasaha 24 gusa.

Uyu munsi 50 Cent yerekeje kuri Instagram ye yandika amagambo yateye benshi urujijo ubwo yabazaga abantu niba bakwifuza kugurisha umwe mu bagize umuryango ku mafaranga angana na  miliyoni 875 z’amadolari.

Ibyo yanditse mu mutwe waya magambo yagize ati: “urabizi ko nta bugoryi wanzanaho mwana wumuhungu, none komeza witondere aba bantu ubuzima kandi bizagira ubuzima bwiza kuri twembi.

Yongeraho ati fata mushiki wawe na mubyara wawe na mama wawe kugirango bakomeze kubana.

Nubwo ateruye ngo avuge uwo yashakaga kuvuga, abamukurikirana basanze avuga kuri Marquise umuhungu we kuko yavuze mushiki w’umuhungu na mama we.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ngoma: Umugabo yishe umuvandimwe we amatemye maze ahita yijyana kuri RIB gusa icyashenguye abantu ni icyo yamuhoye

Hamenyekanye impamvu ikomeye yateye intambara hagati ya Diamond Platinumz na Se