in

Bikira mariya yagaragaye mu kirere ,umupadiri ahita amufotora(AMAFOTO)

Umupadiri yaciye igikuba ubwo yashyiraga amafoto ya Bikira Mariya nyuna wa Yezu avuga ko yagaragaye mu kirere akaba yamufotoye.

Umupadiri Gatolika,witwa Fr. Evaristus Bassey, akaba yasangije amafoto ya ” Bikira Mariya ” avuga ko yagaragaye kuri St. Charles Lwanga muri Calabar, muri leta ya Cross Rivers.

Padiri Evaristus yasangiye amafoto ya ” Bikira Mariya ” avuga ko abantu benshi barimo abatari abagatolika ‘babonye ishusho ye.’

Yanditse ati:

Ku wa gatatu tariki 22-6-2022 Bikira Mariya yagaragaye muri imwe muri paruwasi yacu i Calabar, Mutagatifu Charles Lwanga. Ni ibintu abantu barenga 100 biboneye, ndetse numupasitori w’abaporotesitanti waje gusura mubyara we, umupadiri wungirije.

Yafashe aya mashusho. Imirase imukikije yari yaka cyane ku ishusho isobanutse. Yimukiye mu rusengero rweguriwe Imana hanyuma arajyanwa. Byari bitangaje. Ntacyo yabwiye umuntu. Ariko ntekereza ko yaje kwizeza ko Imana iri kumwe natwe.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Mento
Mento
1 year ago

aya mashusho ni aya kera muri za 2017 , kereka niba hari andi mashya utatweretse

Umugore yavugishije benshi kubera inyuma he(video)

Aristide Mugabe yahawe impano ikomeye imbere y’abafana