in

Aristide Mugabe yahawe impano ikomeye imbere y’abafana

Umukinnyi Aristide Mugabe nyuma y’imyaka 11 akinira ikipe y’igihugu ya basket yasezewe ku mugaragaro ndetse ahabwa impano.

Ishyirahamwe nyarwanda ry’umukino wa Basketball, ryahaye urwibutso Aristide Mugabe nyuma y’imyaka 11 akinira u Rwanda.

Aristide mugabe umwe mu bakinnyi bakunzwe ndetse mu gihe cye yahaye ikipe y’igihugu ibyo ashoboye mu myaka 11 ayikinira.

Mugabe nubwo yasezeye mu ikipe y’igihugu azakomeza gukinira ikipe ye ya patriots dore ko ari nawe kapiteni wayo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bikira mariya yagaragaye mu kirere ,umupadiri ahita amufotora(AMAFOTO)

Umukunzi wa Social Mula yeretse ikimenyetso gikomeye abibaza ko we na Social Mula batandukanye