in

Bijou wo muri Bamenya yongeye kurikoroza kubera imiterere ye myiza idasanzwe(Amafoto)

Icyamamare muri cinema nyarwanda Munezero Aline wamenyekanye ku mazina ya Bijou muri filime Bamenya akomeje kuvugisha abantu nyuma yaho bivuzweko yatandukanye n’umugabo we Sentore, ubu amafoto ari gushyira hanze agaragaza imiterere ye idasanzwe ari kuvugisha abantu benshi.

Uyu mukobwa uzwiho kugira imiterere myiza y’umubiri amafoto ari gushyira hanze abantu bakomeje kuyavugaho bavuga ko icyo abura ari kimwe gusa kuko gutera neza byo arabifite.

Gusa abandi bantu benshi bakomeje kuvuga ukuntu uyu mukobwa ari mwiza bakamwishimira.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi w’ikirangiririre mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yanze kuza mu gitaramo yari yatumiwemo i Kigali gihita gisubikwa igitaraganya 

Abavandimwe b’umugabo wakubiswe bikamuviramo urupfu bakomeje kuvuga ko batazigera bamushyingura hataraza ibisubizo byo kwa muganga(Videwo )