in

Bihinduye isura! FERWAFA igiye guha Rayon Sports andi mahirwe ya 3

Hari hashize akanya gato hasakaye amakuru avuga ko ikipe ya Rayon Sports yatewe mpaga mu gikombe cy’amahoro, gusa andi makuru atugeraho nonaha avuga ko FERWAFA igiye kongera guhuza ikipe ya Intare FC na Rayon Sports.

Komisiyo y’Ubujurire ya FERWAFA yatumiye Rayon Sports na Intare FC mu nama iziga ku cyemezo cy’umukino wo kwishyura wa 1/8 w’igikombe cy’Amahoro.

Iyi nama izabera kuri FERWAFA kuri uyu wa Gatandatu tariki 1 Mata 2023 ku Isaha ya saa Yine za mugitondo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo ufite abagore 6 mu nzu imwe yiyemeje kubatera inda icyarimwe kubera impamvu imwe gusa – AMAFOTO

Bitangiye kumugaruka: Umusifuzi wasifuye umukino ubanza wa Benin n’u Rwanda yashyize ukuri kwe hanze ku bijyanye n’ikarita yahaye Kevin nyuma y’ibyemezo CAF yamufatiye