in

Bidateye kabiri Niyo Bosco yaciye amarenga ko agiye gusezera muri Sunday Entertainment

Nyuma y’iminsi mike gusa umuhanzi Niyo Bosco asinyanye imikoranire na sosiyete ya Sunday Entertainment, yahise aca amarenga ko yamaze gutandukana na yo, ni nyuma y’inkuru zimaze iminsi zivugwa ko uyu muhanzi yatandukanye n’iyi sosiyete.

Ku wa Gatanu tariki 8 Mutarama 2023, ni bwo Niyo Bosco yemeranyije na Sunday Entertainment gushora imari mu bikorwa bye by’umuziki, kubimenyekanisha, kumukorera buri kimwe gisabwa kugira ngo impano ye ikomeze kumenyekana n’ibindi mu gihe cy’imyaka itatu.

Kuri ubu Niyo Bosco yamaze gukura email ya Sunday Entertainment kuri Instagram ye cyane ko ariyo yari yatanze ku muntu wese ushaka kumuha akazi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Gucumbi; umugabo bamufatanye moto yibye mu rusengero

Amasengesho kuri Pastor Theogene Inzahuke uri mu bitaro