in

Bidasubirwaho imbaraga nshya za Rayon Sports zikomeje kwikuba ubutitsa nyuma y’uko hari uwaraye ageze i Kigali

Bidasubirwaho imbaraga nshya za Rayon Sports zikomeje kwikuba ubutitsa nyuma y’uko hari uwaraye ageze i Kigali.

Ikipe ya Rayon Sports ikunzwe na benshi hano mu Rwanda ikomeje kwiyubaka no kongera imbaraga aho igenda isinyisha abakinnyi ndetse n’abatoza bakomeye.

Mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere nibwo umutoza ushinzwe kongerera imbaraga abakinnyi mushya muri iyi kipe yasesekaye i Kigali aho aje gutangira akazi.

Uyu mutoza yitwa Ayabonga Lebitsa ariko abenshi bamuzi nka “SMASH” kuri ubu akaba yageze i Kigali.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Diamond Platnumz na bagenzi be basimbutse urupfu -AMAFOTO

Abana 11 bahise baburirwa irengero! Muri Nyabarongo, habaye impanuka ikomeye cyane y’ubwato bwari butwaye abana 13 bari bagiye gupakira amategura