in

Benzema abaye uwa mbere utwaye ballon d’or ntawe bahanganye

Karim Benzema wagiriye ibihe byiza mu ikipe ya Real Madrid akayitwariramo ibikombe byose kuri ubu niwe nyiri Ballon d’or y’u mwaka wa 2022.

Karim Benzema abaye umufaransa wa kabiri utwaye iki gihembo nyuma ya zidane wagitwaye muri 2006.

Bisa naho ari ishema rikomeye cyane ku bafaransa muri rusange kuko iki gihembo giterwa inkunga n’igitangazamakuru cyo mu bufaransa gikomeye.

Kandi kuri iyi stage haragaragaraho umunyafurika umwe rukumbi sadio Mané uribuhembwe nk’umukinnyi witwaye neza.

Akaba ariwe mu nyafurika wa 2 ugize umwanya atsindira nyuma ya George weah wataye iki gikombe gutangirwa mu bufaransa kizwi nka ballon d’or.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Neymar ukomeje kujya mu mazi abira ubu yitabye urukiko muri espanye ku byaha ashinjwa

Mu mafoto: Dore ubwiza bw’umunyamakurukazi Antoinette Niyongira bivugwa ko ariwe munyamakurukazi mwiza mu Rwanda